Padiri T. Nahimana aremeza ko agiye gutaha mu Rwanda arinzwe bikomeye? Na ho Dr I. Biruka aremeza im
- Venant NKURUNZIZA
- Jan 21, 2018
- 1 min read
Mu kiganiro twagiranye mu mpera za week-end y’amatariki ya 20-21 Mutarama 2018, Padiri Thomas Nahimana, nk’uko mushobora kubyiyumvira mu kiganiro kiri munsi hano, aremeza ko yahanuriwe ko noneho agiye gutaha mu gihugu cy’amavuko arinzwe bikomeye! Na nde? Ni ugutega amatwi.
Hagati aho undi mutumirwa muri iki kiganiro ni Dr Innocent Biruka, wemeza ko impinduka nziza kuri buri munyarwanda iri bugufi cyane. Arasobanura icyo ashingiraho ku byo yemeza. Ku ruhande rwa LECP, dusanga gukemura ibibazo biriho bishoboka nta n’umwe ubiguyemo mu gihe abari ku butegetsi n’abashaka kubujyaho bakwiyemeza inzira y’amahoro. Iyo ni yo nzira dushyigikiye.
Kurikira ikiganiro hano:
Source: http://lecpinfo.com
Comments